Umusore n’umukunzi we biganye Jack na Rose bo muri TITANIC umwe ahita ahasiga ubuzima
Umusore wo muri Turkey ubwo yari kumwe n’umukunzi we yagerageje kwifotoza yiganye Jack na Rose bo muri filime ya Titanic…
Kigali:Ntibisanzwe Umugore yibye telefone,igitsina cye gihita kivaho I kagugu
Mu mujyi wa Kigali, I Kagugu haravugwa inkuru itangaje aho umugore yibye telefoni n’amafaranga birangira na we bamurogesheje maze imyanya…
Ubuke bw’abakozi ku bitaro by’icyitegerezo bya Kibuye imbogamizi ku mitangire ya serivisi
Ubuyobozi bw’ibitaro by’ikitegererezo bya Kibuye buravuga ko ubuke bw’abakozi ari imwe mu mpamvu ituma ibitaro bidaha serivisi nziza ababigana.Byavuzwe kuri…
Nyagatare: Yafashwe yarahimbye uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga rw’agateganyo
Kuri uyu wa Kane tariki ya 19 Gicurasi Polisi y’u Rwanda Ishami rishinzwe ibizamini no gutanga impushya zo gutwara ibinyabiziga,…
Rulindo:Urubyiruko rwibutse bagenzi barwo bazize Jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994.
Urubyiruko rugizwe n’abasore n’inkumi bahagarariye abandi bo mu Turere twa Rulindo,Gakenke na Gicumbi basabwe gukomera ku ndangagaciro z’ubumwe, ubutwari, ubwitange…
Nyiri inzu yateye umupangayi we kubera ko umugore we yanze ko batera akabariro
Umugabo wari usanzwe afite amazu akodesha yahunze nyuma yo kugaba igitero ku mupangayi we n’umukunzi we yitwaje umuhoro akabakomeretsa. Ku…
“Hari gahunda yo kongerera umushahara wa Mwarimu n’uw’abakozi b’utugari”-Minisitiri w’Intebe
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 18 Gicurasi 2022,Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yayoboye ikiganiro n’abanyamakuru ku ishusho y’ubukungu bw’u…
Menya bimwe mu byaranze Lina Medina wibarutse umwana afite imyaka 5 y’amavuko
Lina Mercela Medina de Jurado ni umugore ukomoka muri Amerika y’epfo ndetse yaciye agahigo gakomeye nyuma yo kwibaruka umwana we…
Sheebah agiye guhishura umunyacyubahiro ukomeye washatse ko baryamana
Umuhanzikazi w’Umunya-Uganda, Sheebah Karungi uherutse gutangaza ko hari umugabo w’umunyacyubahiro muri Uganda washatse ko baryamana, kuri uyu wa Gatatu ashobora…
Amerika yagerageje ‘Missiles’ zihuta kurusha ijwi
Mu mpera z’icyumweru gishize, ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zirwanira mu kirere zakoze igerageza rya ‘Missiles’ zizwiho kugendera…