Views: 391

Nikuri uyu munsi taliki ya 10 aho umusobanuzi ukomeye cyane unazwi narubanda nyamwinshi Rocky uzwi kumazina menshi Kimomo , kirabiranya n’andi hamwe na groupe ye babyukiye mubyishimo byo gusinya amasezerano na kompanyi icuruza amatelefone iTel ahi biri kuvugwa ko nawe yaba asinyiye Miliyari nyuma ya Bruce Melody wayisinyiye muri Food Bundles.
Aya masezerano mu Rwanda ntamenyerewe arinayo mpamvu benshi baba batabyemera neza .
Iyi nama y’isinywa ry’amasezerano yitabiriwe n’abanyamakuru bafite uburambe mu itangazamakuru harimo ‘Sabin isimbi TV n’abandi banyuranye.
Aya ni amashusho yafatwaga na Sabin Bavuga abati Miliyari 3 ni ubusa.
#Biravugwa #RwandatodayRumors