Intambara irimo guhuza Ukraine n’u Burusiya izateza ihungabana ry’ubukungu ku Isi KANDA HANO UMENYE BYINSHI
Abasesengura ibijyanye n’ubukungu, baravuga ko intambara y’u Burusiya na Ukraine iramutse imaze igihe kirekire byateza ingaruka zikomeye mu bukungu bw’ibihugu…
Diyosezi ya Byumba yabonye umushumba mushya usimbura Mgr Nzakamwita uri mu zabukuru
Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi Papa Fransisiko yagize Myr Musengamana Papias, wari umuyobozi wa Seminari Nkuru ya Nyakibanda, Umwepiskopi…
Gakenke:Abaturage bishimiye kongera kwifatanya mumuganda rusange nyuma y’imyaka ibiri
Abaturage bo hirya no hino mu Karere ka Gakenke bishimiye kongera kwifatanya mu gikorwa cy’umuganda, wari umanze imyaka ibarirwa muri…
Abayobozi b’Uburusiya n’aba Ukraine bahuriye mu biganiro byo guhagarika intambara
Amafoto yatangiye guhererekanwa mu gihe abategetsi b’Uburusiya na Ukraine bari mu biganiro ku ntambara irimo kubahuza, ibyo biganiro bikaba birimo…
Miss Rwanda 2022:Mu makanzu meza cyane, Abakobwa 20 berekeje mu mwiherero i Nyamata
Mu ijoro ryo kuwa 26 Gashyantare, nibwo hamenyekanye abakobwa 20 muri 70 bagize amahirwe yo kujya mu Mwiherero watangiye none.…
Amakipe 23 niyo azitabira igikombe cy’amahoro
Amakipe 23 harimo 16 yo mu cyiciro cya mbere ndetse n’amakipe 7 yo mu cyiciro cya kabiri niyo azitabira imikino…
Ukraine: Amasaha 24 ari imbere ni “igihe gikomeye” muri iyi ntambara -Zelensky
Kurasa ibisasu biremereye ku murwa mukuru Kyiv n’umujyi wa Kharkiv byasubukuye mu gitondo kare kuwa mbere, nk’uko ibiro ntaramakuru bya…
Perezida Putin yasabye abashinzwe intwaro z’ubumara kuzitegura “zikaba ziri hafi”
18h25 Intambara muri Ukraine, ibitero by’Uburusiya bimaze iminsi 4. -Perezida Vladimir Putin yavuze ko yasabye umutwe wa gisirikare ushinzwe intwaro…
Roman Abramovic yikuye ku buyobozi bw’ikipe ya Chelsea FC
Abramovich ukomoka mu Burusiya yikuye ku buyobozi bwa Chelsea nyuma y’imyaka 19 ayiguze. Ibi abikoze nyuma y’amakuru avuga ko ashobora…
Ubushinwa bwamaganye Uburusiya bari inshuti magara mu nama ya UN
Ubushinwa bwanze gushigikira Uburusiya bufatwa nk’inshuti yabwo, buhitamo kutagira icyo buvuga ku gitekerezo Amerika yashyize imbere y’akanama ka ONU gashinzwe…